03/01/2023
IMPAMBA Y'UMUSI
πππππππ
1. Ntuzababazwe nabaguhemukira ahubwo uzababazwe nuko hari uwakagiriye neza ukabura icyo umwitura.
2.UKWIYE KURANGWA NIBI:
a. Uyumunsi ndanezerewe kubwabantu batari beza nahuye nabo kuko batumye menya uwo ntagomba kuba we.
b. uyumunsi ndanezerewe kubwabantu babi baje mubu*ima bwangye kuko batumye menya itandukaniro ryibyiringiro ndetse nogushidikanya.
c. uyumunsi ndumva nuzuye ububasha bwo gufata umwanzuro kumuntu ugomba kugumana nanjye ndetse nuwo ngomba kwigyiza kure.
D. uyumunsi ndimo kubasha kumenya uwonjyera agaciro mubu*ima bwangye ndetse nuntesha agaciro ko narinsanganywe.
3.Umuntu nakubwira ko ntacyo u*imarira uzamubaze niba munzira zirenga1000 zimana harim ica iwabo
4. Iyo utinya kurekura uhora ufashe nibitagira umunaro.
5. Harigihe uba murukundo numuntu ukanufata nk' igi ngo atameneka kandi kurundi ruhande harabari kumukoramo umureti.
6. Umutima urimo ubwenge wigisha umunwa kuvga ibikwiriye.
7. Uguha agaciro aruta uguha ibyagaciro, erega burya ububiko bwibyishimo n'INSHUTI NZIZA.
8. Nukenera umuntu akakwereka ko ahuze nawe nagukenera uzamubwireko uhuze kumurusha.
9. Umuntu umwe nakwanga nukagire ikibazo,ubuse ingurube ko yangwa n'abaisiramu box biyibuza guhenda no kubyibuha,l.
10. Urutoki rumwe rwaguhanaguye amarira mugihe wari ufite agahinda ruruta ibigabza 1000 byagukomeye amashyi mugihe wari mubyushimo.
11. Umuntu nakwereka ko atagukeneye Mubu*ima bwe uzamubwire wize kubaho utamufite.
12. Ntu*igere narimwe uhagarika gahunda zawe ngo nuko uhuye nibibazo,ubuse imigezi ko itemba ikemera kogonga amabuye nibiti ariko igakomeza ikuryusha ubwenge cyangwa gufata umwanzuro?